in ,

Inkuru y’inshamugongo itashye mu mitima y’abanyarwanda nyuma yo kumva ko umukinnyi w’umunyarwanda yiciwe muri Kenya

Inkuru y’inshamugongo itashye mu mitima y’abanyarwanda nyuma yo kumva ko umukinnyi w’umunyarwanda yiciwe muri Kenya.

Umukinnyi wo gusiganwa ku maguru, Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho yazize abagizi ba nabi bamwishe.

Iyi nkuru y’incamugongo yasakaye ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 20 Kanama 2023 ni mu gihe Rubayita we yishwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.

Amakuru ahari ni uko Rubayita yari amaze iminsi yibera mu gihugu cya Kenya, akaba yaraje kwitaba Imana ariko kandi akaba atazize uburwayi kuko atari arwaye.

Uwahaye amakuru ISIMBI  dukesha iyi nkuru ni uko uyu musore yazize ubugizi bwa nabi aho abagizi ba nabi bamuteze maze bakamwica.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rusaza nk’umuvinyo! Arthur Nkusi n’umugore we bakoreye ibinezeza abakundana muri Hotel iri mu zihenze hano I Kigali (AMAFOTO)

KNC yashimiye bikomeye Uwayezu Jean Fidel Perezida wa Rayon Sports ariko amuntenga ikintu kimwe gusa amusaba ko atazigera yongera kugikora kubera ko afite ikipe ikomeye cyane