in

Inkuru y’incamugongo: Umunyamakuru yapfiriye mu mukino wahuzaga Argentina n’Ubuhorandi

Mu mukino waraye ubaye kuri iyu wa gatanu tariki 9 Ukuboza 2022 wahuje ikipe y’Arigantine n’Ubuhorandi bikaza kurangira Arijantine ikomeje nyuma ya gusezera Ubuhorandi kuri Penariti 4-3 dore umukino wari warangiye banganya ibitego 2-2, gusa mu bari bitabiriye uyu mukino hari uwahasize ubuzima.

Nk’uko ikinyamakuru France24 ki bitangaza, umunyamakuru ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Grant Wahl yaraye apfiriye muri uyu mukino ari mu kazi nyuma yo kugwa igihumure maze agezwe kwa muganga yashizemo umwuka.

Byatumye ikipe y’Arigantine ikomeza mu kiciro cya 1/2 aho izacakirana n’ikipe ya Croatia

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kimironko :umugabo afashe umugore we asambanira muri lodge barwana inkundura

Alyne Sano ibye birimo imigisha pe:dore agahigo indirimbo ye nshya ihise yesa mu gihe gito