in

Inkuru y’akababaro y’umuhanzi ukomeye cyane mu mateka y’isi wapfuye agiye kuzuza imyaka ijana (100)

Kuri uyu wa Gatanu, Tony Bennett, umuhanzi w’icyamamare, witangiye umuziki wo hambere muri Amerika ndetse akaba n’umuhanga mu guhanga, yitabye Imana ku myaka 96.

Nk’uko bitangazwa na Associated Press, Benett yapfiriye mu mujyi yavukiyemo wa New York.

Nta mpamvu yihariye yatangajwe yateye uru rupfu, ariko Bennett yari yarasuzumwe asangwamo indwara ya Alzheimer mu 2016.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza udakwiye gucikwa ku mukinnyi wa filime Zaba Missed Call

Kigali: Impinduka ku bantu bakoresha umuhanda Downtown- Rwandex