in ,

Inkuru Ishyushye-Bwa mbere mu MATEKA Cristiano Ronaldo yapostinze ifoto ya Lionel Messi yongeraho n’amagambo yakoze ku mitima ya benshi cyane

Nyuma y’imyaka igera muri 10 Cristiano Ronaldo wa Real Madrid na Lionel Messi wa FC Barcelone barifatiye ruhago ku ruhando mpuzamahanga kubera ukuntu basimburana ku bihembo by’umukinnyi witwaye neza buri mwaka,nyamara Ronaldo ntago ari ko we abibona.

Mu magambo CR7 yatangarije televiziyo ya Real Madrid nyuma yo guhembwa nk’umukinnyi mwiza w’umwaka,yatangaje ko we na Lionel Messi nta guhangana.

Ibi byahamirijwe n’ifoto CR7 yashyize kuri instagram y’abakinnyi bagize ikipe y’umwaka ya FIFA,ariko ikintu cyatunguye abantu ni uko ari ubwa mbere Messi yagera ku rukuta rw’uyu mugabo benshi bemeza neza ko bahanganira ibikombe byaba ibihemba umukinnyi ku giti cye cyangwa iby’ikipe yose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwandakazi w’icyamamare uteye nk’igisabo yemereye abasore n’inkumi ko bakorakora ku mabuno ye hagati mu kirori abantu bifata ku munwa (AMAFOTO)

Irebere ibikorwa by’agahomamunwa n’urukozasoni umugore wafashwe aca inyuma yakorewe na nyirumugabo ubwo yamusangaga mu nzu ye