in

Inkundo z’abasitari : Shakira na Pique ibyabo bigeze kwiherezo

Nyuma y’uko shakira afatanye Gerard piqué n’undi mugore ibyabo byaje urunturuntu aho batasibaga mu binyamakuru buri munsi kubera umubano wabo waje agatotsi.

Kuri uyu munsi amakuru yagiye hanze ko Gerard piqué na Shakira ibyabo byageze kwiherezo aho bamaze gusinya gatanya.

Shakira na piqué bagiye mu rukundo mu mwaka wa 2010 ubwo espanye yegukana igikombe cy’isi nibwo bagiye bagaragara ahantu hatandukanye ndetse baza gusezerana kugeza ubu bari bafitanye abana babiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diego Costa yashatse gufata kungufu N’Golo Kanté

Umugore ugiye kwikoresha ubukwe akomeje gutangaza benshi