in

Inkumi zigize itsinda rya Kigali Boss Babes ry’ikusanyirije hamwe kugira ngo rihangane n’umuherwekazi Zari The Boss Lady ugiye kuza i Kigali mu mpera zuyu mwaka

Inkumi zigize itsinda rya Kigali Boss Babes ry’ikusanyirije hamwe kugira ngo rihangane n’umuherwekazi Zari The Boss Lady ugiye kuza i Kigali mu mpera zuyu mwaka

Abagize itsinda rya Kigali Boss Babes bayobowe na Alliah Cool batangaje ikirori bafite gusa mu buryo bweruye basaga n’abashaka guhangana na Zari nawe ufite ikirori muri izi mpera zumwaka.

Igitaramo cya Zari ni icyabambaye umweru ‘All White Party’ byitezwe ko kandi kizabera i Kigali ku wa 29 Ukuboza 2023, ni mu gihe kandi itsinda rya Kigali Boss Babes nabo bemeje ko ikirori cyabo kizabera umunsi umwe n’icya Zari ndetse icyabo bakise ‘Black Elegance Party’ ikizitabirwa n’abambaye imyenda y’imikara gusa.

Ikirori cya Zari cy’abambaye imyeru gusa.
Ikirori cya Kigali Boss Babes cy’abambaye imikara gusa byitezwe ko kizabera umunsi umwe n’icya Zari.

Kigali Boss Babes babajijwe kuri iri hangana bavuze ko ibi byahuriranye ndetse ko nabo bamaze igihe barabipanze rero bo bavuga ko nta hangana na rito riri muri ibi bintu.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Afisa! Nyanza habereye ubwicanyi ku mukobwa warukirangiza kwiga kaminuza wasanzwe ku muhanda yambaye ubusa yapfuye

Azamuwe mu ntera: Inkuru nziza zikomeje kwisukiranya muri APR FC