in

Inkumi yigize umuhigi n’umusore wigize umuhigo ngo bateguze ubukwe bwabo babaye iciro ry’imigani (Ifoto)

Muri iki gihe hasigaye habaho udushya twinshi ugasanga abakundana bazanye uburyo bwabo bwo guteguzamo abantu ubukwe bwabo ibizwi nka Save The Date.

Kuri ubu hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye harimo gucicikana ifoto ya save the date ya couple y’umusore n’inkumi bifotoreje mu ishyamba aho umukobwa yari yigize umuhigi naho umusore yigize umuhigo nuko bayiherekesha amatariki y’ubukwe bwabo. Iyo foto ni iyi ikurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Polisi y’U Rwanda yabwiye abanyeshuri biyandikishije gukora n’abibuze ku rutonde rw’abashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga

Video y’umunsi: Kate Bashabe arimo kunyonga igare