in

Indirimbo Isi ya Jean Mopao nimwe mu ndirimbo nziza zisoza umwaka

Umuhanzi Jean Mopao

Umuhanzi Jean Mopao afite indirimbo nshya yise “isi” ni ndirimbo nziza bijyanye naho umuzika nyarwanda ugeze bitewe nuko ifite umwimerere. Ububanga bw’uyu musore ari kuzamuka neza mu muzika nyarwanda bukaba bwaratumye iryohera amatwi.

Mu kiganiro Jean Mopao aheruka kugirana Goodrich TV yavuze ko amfundikiriye agaseke abakunzi be umwaka utaha wa 2024, ndetse icyo gihe niha yabajijwe uko yiyumva iyo ari gutaramira abantu avuga ko bimushimisha iyo ataramira abantu bakanezerwa.

Umuhanzi Jean Mopao

Yagize ati:”Biranshimisha cyane iyo ndi gutaramira imbere y’abantu bakanezerwa binyongerera imbaraga bigatuma numva ko ndi aho nkwiye kuba ndi”.

Jean Mopao afite indirimbo nshya yise “Isi”

Uyu muhanzi Jean Mopao usanzwe ufite izindi ndirimbo zirimo: agafaya,cyane,sana ndetse love love mu rwego rwo kwishimana no gutaramana n’abakunzi be, yabateguriye igitaramo kiba mu ijoro ryo kuwa 31 Ukuboza 2023,ndetse no mu ijoro ryo kuwa 1 Mutarama 2024,kikabera I Gatunga ahazwi nk’i Nduba muri Grand Rumba Bar.

Reba Indirimbo nshya “ISI” ya Jean Mopao

 

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pasiteri Theogene uherutse kujya mu ijuru akagaruka yavuze ibyo yasanzeyo – Amashusho

Gafotozi wa Rayon Sports yatoranyije amafoto meza 10 yaranze ibihe byiza Rayon Sports yagize mu mwaka 2023 – AMAFOTO