in ,

Indirimbo ihuza abahanzi bose bari muri guma guma y’uyu mwaka wa 2016 yashimishije Abanyarwanda ndetse n’abahanzi bitabiriye irushanwa ry’uyu mwaka.(+video)

Ntibyari bikunze kubaho kuba mu Rwanda abahanzi bahaganye mu irushanwa bagakora indirimbo imwe bari kumwe. Indirimbo bakoze yiswe RYOHERWA ikaba irimo buri muhanzi wese uri mu irushanwa rya guma guma  ,iki gikorwa cyashimishije abatari bake kugeza aho abanyarwanda bogeye kumva bakunze irushanwa n’ubwo hari hamaze kuzamo agatotsi

ABAHANZI

Mbere yo gukora iyi ndirimbo babanje gukora ibikorwa by’urukundo biryo bikomeza kwerekana isura nziza y’irushanwa ndetse n’imikorere injyendanye nagahunda nziza y’abategura iushanwa ,nyuma yibi bikorwa habaye gukora indirimbo y’irushanwa igizwe n’abahanzi bose bari mu irushanwa ,iyi ndirimbo imaze gukundwa n’abenshi mu banyarwanda kandi bamaze kugira icyo bayivugaho bitewe n’uburyo ikonzwemo.

dore abategura irushanwa rya PRIMUS GUMA GUMA SUPER STAR mu Rwanda
dore abategura irushanwa rya PRIMUS GUMA GUMA SUPER STAR mu Rwanda

Iyi ndirimbo igaragaramo igikorwa cyo kwamamaza ikinyobwa cya Primus ndetse ikerekana umunezero abahanzi bitabiriye iri rushanwa bafite bityo bigatanga isura nziza k’ubakurikira iri rushanwa ndetse n’abaritegura bikabogerera agaciro bagirira umuziki nyarwanda.

https://www.youtube.com/watch?v=jqLrdTet0JA

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
f
f
7 years ago

Nziza kabisa

Dore umusore wamenye gusaba urukundo akoresheje impano ye yo gushushanya ,arusaba nta n’ijambo akoresheje:(+video)

Dore abanyarwandakazi icumi(10) bafite ubwiza n’uburaga bukurura abagabo kurusha abandi :AMAFOTO