Ntibyari bikunze kubaho kuba mu Rwanda abahanzi bahaganye mu irushanwa bagakora indirimbo imwe bari kumwe. Indirimbo bakoze yiswe RYOHERWA ikaba irimo buri muhanzi wese uri mu irushanwa rya guma guma  ,iki gikorwa cyashimishije abatari bake kugeza aho abanyarwanda bogeye kumva bakunze irushanwa n’ubwo hari hamaze kuzamo agatotsi
Mbere yo gukora iyi ndirimbo babanje gukora ibikorwa by’urukundo biryo bikomeza kwerekana isura nziza y’irushanwa ndetse n’imikorere injyendanye nagahunda nziza y’abategura iushanwa ,nyuma yibi bikorwa habaye gukora indirimbo y’irushanwa igizwe n’abahanzi bose bari mu irushanwa ,iyi ndirimbo imaze gukundwa n’abenshi mu banyarwanda kandi bamaze kugira icyo bayivugaho bitewe n’uburyo ikonzwemo.

Iyi ndirimbo igaragaramo igikorwa cyo kwamamaza ikinyobwa cya Primus ndetse ikerekana umunezero abahanzi bitabiriye iri rushanwa bafite bityo bigatanga isura nziza k’ubakurikira iri rushanwa ndetse n’abaritegura bikabogerera agaciro bagirira umuziki nyarwanda.
https://www.youtube.com/watch?v=jqLrdTet0JA
Nziza kabisa