in

Imvamutima za Jurgen Kloop ku igurishwa rya Liverpool

Jurgen Kloop utoza Liverpool yavuzeko ntakibazo yagira kukuba Liverpool yagurishwa kuko ari amafaranga mashya yaba aje mu ikipe.


Nyuma yuko mu munsi mike ishize abaherwe bakomoka muri Amerika bari basanzwe ari banyiri Liverpool batangaje ko bifuza kugurisha Liverpool, Jurgen Kloop usanzwe uyitoza mu kiganiro n’itangamakuru yabajijwe icyo atekereza ku bijyane n’igurishwa ryayo maze mu magambo ye agira ati.
“Ntago ari ikibazo cy’amafaranga ,dufite kubitegura.Bizagenda neza,birasobanutse. Ntakibazo mfite ku bintu byose kuberako bizagenda neza.”
” Mfitanye umubano mwiza n’abafite ikipe kandi bur’igihe mbanzi icyo gukora turi kuganira Kandi bizagenda neza.”

Sosiyete y’ubucuruzi yitwa Fenway Sport Group yaguze Liverpool muri 2010 iyigura Miliyino magana atatu z’amapawundi (300£m) bayigura na George Gillet hamwe na Tom Hicks.
Mu gihe cy’imyaka cumi n’ibiri bari bamaranye iyi kipe batwayemo Ibikombe umunani Bimini harimo Champions League,FA,Cup, Community Shield ndetse na Premiere league baherukaga mu myaka mirongo itanu yarishize.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: inzu itwitswe na Gaz irakongoka(amafoto)

Umunyarwenya Rusine Patrick yatangaje abantu ubwo yakoraga siporo akazana icyuya kivanze n’ifuro ry’inzoga(videwo)