in

“Imbaraga tuzakoresha si iz’umwukawera ni z’amategeko”, amagambo ya Mutesi Jolly asobanura kubye na Shanitah.

Umutesi Jolly wabaye Nyampinga wa 2016 yatangaje byinshi kubijyanye nibikomeje kugenda bitangazwa na Shanitah Umunyana Nyampinga wa East Africa.

Mu kiganiro Miss Umutesi Jolly yagiranye na RBA yabajijwe byinshi kubijyanye na Miss Umunyana Shanitah Nyampinga wa East Africa nanubu utari wabona ibihembo bye birimo imidoka yo mu bwoko bwa Nassan ihagaze agaciro ka millioni 44 za mafaranga y’u Rwanda ndetse n’umushahara wa mezi 6 buri kwezi ungana na 1500000 z’amafaranga y’u Rwanda, Mutesi Jolly yavuze ko imodoka Shanitah atarayibona ariko azamufasha kuyibona kubijyanye n’umushahara Jolly nkuko amatekegeko yabigenaga we ku giti cye yahaye umushahara wa mezi 6 Umunyana Shanitah ndetse anasobanura neza ko azamufasha akabona ibyo ugombwa bitabaje amategeko birimo, imidoka ndetse n’umushahara wa mezi atandukanye usigaye,aho niho Jolly yagize ati:”imparaga tuzakoresha sizumwukawera nizamategeko”, Jolly abajijwe niba ntakibazo ibibazo byo kutabona ibihembo kuri Shanitah byagize ku buzima bwe yavuze ko bitabura kuko ni umuyobozi wungirije w’iryo rushanwa rya Miss of East Africa, abajijwe niba ategenya ko yakongera kuyobora mur’iryo rushanwa yavuze ko atakongera kuyobora mu gihe Umunyana Shanitah atari yabona ibihembo bye, Jolly abajijwe niba nta nzu we yujuje muri Kigali yirinze kugira icyo abivugaho niba ayifite cyangwa atayifite.

Mutesi Jolly n’umuyobozi wungirije wa Miss of East Africa, umushabitsi ndetse akaba yarabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, kugez’ubu ubu nta mugabo aracyari ingaragu.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kafka
Kafka
1 year ago

Muzihe kwandika ikinyarwanda🙏🏼Murakoze

Urugendo rw’ikipe y’igihugu Amavubi mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cy’Africa rurangiriye muri Mali

Muri studio abanyamakuru bakomeye ba Radio Rwanda bifurije Aline Gahongayire isabukuru nziza y’amavuko mu buryo butangaje.