in

Impanuka iteye ubwoba ya bisi itwara abagenzi yaguyemo umubare munini w’abantu bari bayirimo

Abantu 31 baguye mu mpanuka ya Bisi ubwo umushoferi wari uyitwaye, yagiraga uburangare agata umurongo.

Uretse aba bantu 31 baguye muri iyi mpanuka yabereye mu Majyepfo ya Mali, abandi icumi (10) bayikomerekeyemo bikabije.

iyi mpanuka yatewe n’uburangare bw’umushoferi wari utwaye iyo modoka bikarangira iguye munsi y’ikiraro.

Ibi byatangajwe na minisiteri y’Ubwikorezi n’Ibikorwa Remezo muri Mali.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Heritier Nzinga Luvumbu yasinye mu ikipe nshya

Umusaza w’imyaka 72 yirasiye mu bitaro