in

Imana imwakire mu bayo; Hatangajwe itariki yo guherekeza bwa nyuma nyakwigendera Junior Multisystem

Umuryango wa Karamuka Jean Luc [Junior Multisystem] wubatse izina mu gutunganya indirimbo z’abahanzi bo mu Rwanda n’abo mu muryango, watangaje ko uyu mugabo azashyingurwa ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 2 Kanama 2023.

Junior witabye Imana ku wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023, azashyingurwa mu irimbi rya Rusororo mu Karere ka Gasabo kuri uriya munsi. Hanashyizweho Code ya telefoni buri wese yakwifashisha agatanga inkunga ye (777772).

Ni mu gihe ikiriyo kiri kubera ku Kimironko ahahoze Kaminuza ya Kepler. Junior yaguye mu bitaro bya Nyarugenge nyuma y’igihe ahanganye n’uburwayi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nubwo ari mushya mu maso y`abanyarwanda umuhanzi ukorera umuziki muri Amerika ngo yiteguye kwerekana itandukaniro

Gicumbi: Amata ari kunywa umugabo agasiba undi kubera igiciro cyikubye kabiri cyikaruta icya Kigali