in ,

Ikipe ya Young African iherekejwe n’abayobozi ba Apr Fc yakoreye igikorwa cy’ubutwari abagizweho ingaruka n’ibiza

Ikipe ya Yanga African iherekejwe n’abayobozi ba Apr Fc yakoreye igikorwa cy’ubutwari abagizweho ingaruka n’ibiza.

Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania iri mu Rwanda gukina na Al Merrikh mu mikino Nyafurika, yafashije abagizweho ingaruka n’ibiza.

Iyi kipe yashikirije MINEMA amabati 700 na sima 200 byo gufasha mu gusanga no kubakira abasenyewe n’ibiza by’imvura biherutse kuba mu Rwanda. Muri ibi bikorwa kandi yari iherekejwe n’abayobozi ba Apr Fc.

Iyi kipe kandi yifurije amahirwe masa ikipe ya Apr Fc na Rayon Sport ngo zizatsinde imikino ziteganya gukina muri iyi mikino ny’Afurika.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’urukozasoni yatumye abakinnyi b’ikipe ikunzwe cyane mu Rwanda bisanga muri gereza

Ubwiza buravuna! Abagore bapfumura ururimi bakazirikaho “Umusumari muto” bakawucisha umwenge munsi y’umunwa kugira ngo babe beza (VIDEWO)