in

Ikipe ya Rayon Sports igiye gusinyisha umwataka mushya ukomoka muri Cameroon

Ikipe ya Rayon Sports igiye gusinyisha umwataka mushya uvuye mu gihugu cya Cameroon avukamo.

Mael Dindjeke ukomoka muri Cameroon ni we mukinnyi ikipe ya Rayon Sports igiye gusinyisha mu minsi iri imbere nk’uko bigenda bitangazwa.

Amakuru ahari avuga ko uyu mukinnyi ashobora gusinya umwaka umwe muri iyi kipe yambara umweru n’ubururu.

Uyu musore w’imyaka 23, yakinaga mu ikipe ya PWD Bamenda yo mu majyepfo ya Cameroon.

Mael Dindjeke akaba ategerejwe i Kigali ku mu goroba wo kuri uyu wa wa gatatu tariki ya 19 Mutarama 2022.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu wa Rayon Sports Kwizera Olivier yagarutse mu kibuga nyuma y’igihe kitari gito atagaragara mu kibuga

APR FC yakuye Kiyovu Sport ku mwanya wa mbere, AS Kigali na Rayon Sport zitwara neza