in

Iki n’igishishwa rwose! Harmonize yiganye indirimbo y’abahanzi bakomeye bo mu Rwanda

Umuhanzi Harmonize ukomeye muri Tanzania ndetse benshi bemeza ko ari we muhanzi ukurikura Diamond platnumz mu kugira abakunzi benshi muri Tanzania.

Kuri uyu munsi harmonize yashyize hanze indirimbo yakoranye na Abigail yitwa “leave me alone” igaragaramo amashusho asa nari mu ndirimbo “Terimometa “Ya Dj Phil peter na Kennysol.

Ni amashusho agaragaza Harmonize aririmba acuramye  afashwe n’amaboko y’abagabo babiri ,urebye neza usanga bisa neza nkuko Kennysol yarafashwe mu ndirimbo ye na Phil peter.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo bamushushanyije mu buryo bwarwaje imbavu benshi

Burya Clapton umugore we niwe wamukuye muri Ghetto yabagambo i nyamirambo