in

Ifoto y’umunsi; bamwe mu bakozi i Kigali barimo gukora akazi bakenyeye

Abenshi bari babigize urwenya ko bagomba gukenyera muri iki gihe cya CHOGM kugira ngo bagaragaze umuco nyarwanda mu bashyitsi ariko hari bamwe bahise babishyira mu bikorwa.

Munyampundu Eugené ni umwogoshi ukorera muri keza salon yatangiye gukora akazi ke akenyeye kugira ngo agaragaze umuco nyarwanda mu bashyitsi.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu Ndoli Jean Claude wasezeye kuri ruhago yasigiye ubutumwa bukomeye umuzamu kwizera Olivier

Umuzunguzayi wacuruzaga mu mvura yahinduriwe ubuzima ubu ni boss