in

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu yabuze amanota 3

Ni ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, ubona abakobwa 5 barakaye cyane ndetse bafite ibindera ry’igihugu cya Cameroon bisa nkaho babona ikipe yabo ikomeje kubatenguha.

Ikipe y’igihugu ya Cameroon n’imwe mu Makipe arimo gukina igikombe cya Afurika uyu mwaka ariko ubona ko yaje ititeguye neza Kandi benshi barayihaga amahirwe yo gutwara iki gikombe.

Kimwe mu bikomeje kubabaza abakunzi b’iyi kipe y’igihugu ndetse n’abaturage baho muri rusange ni uko Cameroon kugeza ubu itarabona intsinzi ndetse no gutsindwa kwayo ubona nta cyizere itanga cyo mu mikino igiye gukina.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande

Amashusho Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa