in

Amashusho Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umuraperi Kanye West n’umugore we Bianca Censori bari mu isoko ariko umugore asa nk’uwambaye ubusa.

Nkuko bigaragara muri aya mashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, Kanye West yari yambaye neza yikwije ariko umugore yambaye akajipo kagufi cyane ndetse n’agasutiye gahisha imoko gusa.

Abantu benshi bakomeje gusaba uyu mugabo ngo arekere gusebya umugore we kubera amavidewo ndetse n’amafoto by’urukozasoni by’umugore we akomeje gushyira hanze yifashishije imbuga nkoranyambaga ze,  akagerekaho no kumujyana mu ruhame yambaye ubusa.

Benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga bahamya ko ibyo uyu mugore akora aba yabitegetswe n’ugabo we. Reba amashusho. 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu

Isi igeze habi! : Musanze ababyeyi biyiciye umwana wabo bamuziza kubiba Amafaranga akayagura imigati.