in

Ibyo Umuyobozi wa Gasogi atangaje bitumye abakunzi n’abafana  benshi b’iyi kipe bacika ururondogoro 

Umuyobozi wa Gasogi uzwi kw’izina rya KNC atangaje ko iyi kipe abereye Umuyobozi nka Perezida ayikuye mw’irushanwa.

Ibi babaaye nyuma yaho uyu muyobozi wa Gasogi afatiwe ibihano bikomeye cyane n’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu Rwanda FERWAFA, nyuma yaho aciwe Amafaranga asaga ibihumbi 150 000 RWF, akanahagarikwa imikino igera ku munani yose aterecyeza ku kibuga.

KNC aganira n’umunyamakuru wa B&B Fm Umwezi,  Jean Luc IMFURAYACU yagize ati:“Nzakomeza kubahemba(Abakinnyi ba Gasogi) badakina, Amafaranga nibasoza nzayashora mu bindi.

“Ndababaye cyane, ibi bintu nta muntu wakomeza kubyihanganira.

“Mfashe icyemezo ikipe (Gasogi United) nyikuye muri shampiyona.”

Bivugwa ko uyu mwaka w’imikino n’urangira iyi kipe ya Gasogi United yaba yamanutse mu kindi cyiciro cya kabiri cyangwa itamanutse uyu muyobozi azasesera bidasubirwaho ikijyanye na Gasogi United cyikibagirana.

Ese wowe ubona uyu waba Ari umwanzuro ukwiye?

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports itari ifite bamwe mu bakinnyi bayo yivuganye Gasogi United yaburaga umutoza mukuru

“Benshi bakomeje kujya impaka ku gitego cya Gasogi “kuri wowe n’igitego cg sicyo!?