in

“Benshi bakomeje kujya impaka ku gitego cya Gasogi “kuri wowe n’igitego cg sicyo!?

Umukino umaze kurangira wahuzaga ikipe ya Rayon Sport Fc imaze gutsinda Gasogi igitego kimwe kubusa 1-0 umukino waranzwe n’ugusatirana hagati ya makipe yombi. Gusa ku munota wa mirongo 70’umusifuzi wo kuruhande yanze igitego cya Gasogi gikomeje guteza impaka.

Umunyamakuru jean luc yagize ati “Mana Yaaaaaanjye weee! Uyu musifuzi ngo ni Saido koko akoze ibiki??? “Ubu se wakwanga igitego nk’iki koko ukazemera ikihe Mana Yanjye!! 

Igitego benshi mu banyamakuru ndetse n’abafana b’umupira w’amaguru bakomeje kuvugaho byinshi cyane gusa nawe urebye iyi nkuru watanga comment yawe .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Umuyobozi wa Gasogi atangaje bitumye abakunzi n’abafana  benshi b’iyi kipe bacika ururondogoro 

Inkuru itari nziza ku munyarwenya Anne Kansiime wigaruriye imitima y’abatari bacye mu gihugu cya Uganda