in

Ibyo Imana yamukoreye biratangaje | Menya byinshi kuri Fred

Byiringiro Fred yivugira ko we n’umugore we bahuye ari bazima nyuma baza gufatwa n’uburwayi aho Fred yatangiye aribwa mu ngingo gusa aza kujya kwa muganga bamuha imiti igabanya ubwo buribwe .

Byaje kwanga akomeza kuribwa nibwo nyuma yafashe icyemezo asubirayo ndetse bamupimye basanga arwaye impyiko ndetse bamwohereza kwivuza mu bindi bitaro guda ubushobozi burabura.

Umugore wa Fred nawe yaje gufatwa n’uburwayi butuma amatwi aziba bityo nawe bimuviramo gupfa amatwi kubera ubushobozi bucye.Gusa nyuma y’uko umunyamakuru abasuye aho Bose biberaga mu nzu Fred ategereje gupfa, Ubuzima bwaje guhinduka ubufasha buraza umuryango wabo wongera kubona icyizere cy’ubuzima. Akomeza asaba ubufasha ngo abe yabagwa ndetse akire maze afashe umuryango we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Udukoryo tutazibagirana twabaye kuri Saint Valentin y’uyu mwaka wa 2022 (Amafoto)

Umuhanzi warutegerejwe na benshi yamaze kugera I Kigali (video)