in

Ibyishimo byabarenze bakuramo imyenda bari mu muhanda! Abakinnyi ba APR FC ibyishimo byabarenze nyuma yo gusezerera Kiyovu Sports – VIDEWO

Abakinnyi b’ikipe ya APR FC, ibyishimo byabarenze nyuma yo gutsinda ikipe ya Kiyovu Sports, bakuyemo imyenda yabo yo hejuru ubwo bari mu modoka bataha i Shyorongi baherekejwe n’abafana babo.

APR FC yagiye ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, nyuma yo gusezerera Kiyovu Sports ku giteranyo k’itego 3-2. Ubwo umukino wa nyuma, uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri sitade mpuzamahanga ya Huye.

Reba videwo aho hasi:

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

‘Byarenze ubwenge’ Tricia umugore wa Tom Close yongeye gushimangira umubano udasanzwe afitanye na Mutesi Jolly ubwo yerekanaga impano idasanzwe yamuhaye(AMAFOTO)

Bari kuhasiga ubuzima: Abakinnyi ba FC Barcelona bakijijwe n’amaguru nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiyona

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO