in

Ibyamubayeho biteye agahinda ubwo yarwanaga n’umugore we bimuviramo kwitaba Imana.

Umugabo w’imyaka 21, yapfiriye mu murwano, ubwo yari ari kurwana n’umugore we, nyuma yo gukandwa ubugabo, bimuviramo kwitaba Imana.

Christine Kandela ubwo yarwanaga n’umugore we Annie Mweemba w’imyaka 19, mu gace ka Nangoma, yakanzwe ubugabo ahagana saa Saba z’ijoro ryakeye.

Polisi yo muri ako gace yagerageje gutabara kugirango umugabo yerekezwe kwa muganga abe yakwitabwaho gusa biba iby’ubusa.

Nkuko byanditswe na Zambia daily, ni uko na mama w’umukobwa Annie Mweemba, nawe yari yafatanije n’umukobwa we mu guhohotera umukwe wabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Uri mwiza nk’akarabo k’iroza… » – Ibyavuzwe ubwo amafoto y’umukobwa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yajyaga hanze

Imyambarire ya Mhadjiri ubwo yajyaga mu mwiherero yabaye igitaramo.