imikino
Ibintu Neymar yifuje kuva cyera birashyize birabaye (video)

Kuva Neymar yagera mu ikipe y’igihugu ya Brazil byakomeje kugenda bigaragara ko abura umukunnyi bafatanya mu gutaha izamu ku buryo kenshi na kenshi iyo yabaga adahari byabaga ikibazo kugirango Brazil itsinde, ubungubu rero bikaba bisa naho inzozi ze zabaye impamo kuko umukinnyi Gabriel Jesus yamukemuriye icyo kibazo.
Ku myaka 19 y’amavuko rero Gabriel Jesus akaba yakiniye ikipe y’igihugu ya Brazil umukino we wa mbere aho yabashije gutsinda ibitego bibiri byose. Uyu musore rero akomeje gukina atya bikaba bigaragara ko Neymar yaba yabonye umuntu uzajya amufasha guhana amakipe bayazajya bahura.
https://www.youtube.com/watch?v=9aLTOdjol3E

-
inyigisho21 hours ago
Niba ushaka kwinjira mu rukundo ruryoshye kandi ruzaramba ,irinde kugendera kuri ibi bintu bikurikira.
-
Ubuzima12 hours ago
Menya impamvu itangaje ituma zimwe muri hoteli zishyira ibinini mu mafunguro y’abantu.
-
Inkuru rusange23 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
Imyidagaduro5 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Ubucuti hagati ya Miss Keza Joannah na Miss Flora bukomeje gufata indi ntera
-
Inkuru rusange24 hours ago
Umupasiteri akomeje guca ibintu nyuma yo kugaragara abatiriza mu ruzi abakobwa n’abasore bambaye uko bavutse.
-
Imyidagaduro3 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.