in

Ibiciro byari bitegerejwe na benshi ku mukino w’amavubi na Ethiopia bishyizwe hanze

Uyu munsi nibwo hakwirakwiye ibintu byinshi bivugwako umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi ndetse na Ethiopia bizaba ari Ubuntu gusa ibi byose bishyozweho akadomo.

Ubu hatangajwe ko kwinjira kuri uyu mukino uri kuri uyu wa gatandatu ni 1000 ahasanzwe , 5000 ahatwikiriye ndetse na 15000 VIP.

Uyu mukino utegerejwe n’abenshi bibaza niba uyu mutoza Carlos Alos Ferrer utarakina umukino n’umwe hano mu Rwanda azerekana ubushobozi bwe Arimo gukinira hano mu Rwanda.

Uyu mukino uzabera kuri Sitade mpuzamahanga ya Huye uzaba tariki 3 Nzeri 2022, ni kuri uyu wa gatandatu w’iki cyumweru.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports ifatiranye Mukura Vs iri mu bukene iyikubitira ku itara

Urutonde rw’abazita amazina abana b’ingagi