in

Urutonde rw’abazita amazina abana b’ingagi

Uyu mwaka hateganyijwe ibirori byo kwita amazina abana b’ingagi bavutse muri uyu mwaka ndetse hakaba hategerejwe abanyacyubahiro benshi cyane.

Urutonde rw’abitezweho kwita izina abana b’ingagi uyu mwaka:

● Igikomangoma Charles cya Wales (azitabira yifashishije ikoranabuhanga)

● Uzo Aduba – Umukinnyi wa Filimi

● Dr Evan Antin – Veterineri akaba n’Umunyamakuru wa Televiziyo

● Neri Bukspan Umuyobozi Mukuru wa Standard & Poor’s Credit Market Service

● Dr Cindy Descalzi Pereira – Umugiraneza akaba na Rwiyemezamirimo

● Didier Drogba – Rurangiranwa mu mupira w’amaguru

● Itzhak Fisher – Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB),

● Laurene Powell Jobs – Perezida akaba ari na we washinze Emerson Collective

● Dr Frank I. Luntz – Perezida akaba ari na we washinze, Luntz Global

● Stewart Maginnis – Umuyobozi Mukuru wungirije Ikigo Mpuzamahanga kibungabunganga Ibidukikije (IUCN)

● Thomas Milz – Umuyobozi w’Inama y’Ubuyobozi, akaba n’ushinzwe ubucuruzi no gushaka amasoko ya Volkswagen Group muri Afurika y’Epfo n’Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara.

● Salima Mukansanga – Umusifuzi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru

● Louise Mushikiwabo – Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa

● Youssou N’Dour – Umuhanzi

● Naomi Schiff – Rurangiranwa mu gutwara imodoka z’amarushanwa akaba n’Umunyamakuru

● Kaddu Sebunya – Umuyobozi w’Umuryango African Wildlife Foundation

● Gilberto Silva – Yakiniye Ikipe ya Arsenal

● Sauti Sol – Itsinda ry’abaririmbyi b’ibyamamare

● Juan Pablo Sorin – Yakiniye Paris Saint-Germain

● Moses Turahirwa – Umuyobozi wa Moshions

● Sir Ian Clark Wood, KT, GBE – Umuyobozi Mukuru, The Wood Foundation

Source: Imvaho nshya

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiciro byari bitegerejwe na benshi ku mukino w’amavubi na Ethiopia bishyizwe hanze

Umukobwa yarize amenye ko umusore umutereta ari umwarimu