in

I Ndera! Police yatahuye uruganda rw’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru uruganda rwatahuwe rukora rwihishwa inzoga zitujuje ubuziranenge.

Uru ruganda ruherereye mu murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, rwafatiwemo litiro 23,410 z’inzoga yitwa Gikundiro, nyirarwo yakoraga nta cyangombwa afite kimwemerera gukorera inzoga muri urwo ruganda.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko uru ruganda rwatahuwe nyuma y’amakuru yagiye agaragara y’uko hari inzoga zishyirwa ku isoko zitujuje ubuziranenge.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kecapu wamenyekanye muri filime ya Bamenya yakebuye abantu bahubuka

Mu buryo butunguranye ikipe yanyuzemo ibihangange nka Pele na Neymar Jr yamanutse mu cyiciro cya kabiri