in

“Hose ni ikimashini” Erling Haaland yatunguye benshi ubwo hamenyekanaga igihingwa avomamo imbaraga

Kizigenza Erling Haaland wagiye muri Manchester City avuye muri Borussia Dortmund aguzwe miliyoni 51 z’amayero mu kwezi kwa 07 muri 2022, amaze gutsinda ibitego 32 mu mikino 30 amaze gukina muri rusange.

Abafana bakurikirana uyu mukinnyi batangiye kuvuga ko atari imashini gusa imbere y’izamu, ahubwo ari n’imashini mu guhekenya karoti. Uyu mukinnyi no mu gihe ari gusinyira abakunzi be autograph, aba ahekenya izi karoti.

Uyu mukinnyi yagiye afotorwa inshuro nyinshi atwaye imodoka ariko ugasanga ukoboko kumwe niko gutwaye, naho ukundi gufashe karoti ari kugenda ayirya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yishyize ku kiranguzo ubwo yatangazaga umusore uzamushaka ibyo azaba yujuje

Niba ukoresha Facebook na Instagram ushobora kuzajya ubyishyurira vuba aha kuko nazo zigiye gukora nk’ibya Elon Musk wa Twitter