in

Hitabajwe izindi mbaraga! Ubwo basezeraga bwanyuma Humphrey Mayanja nyina wa Jose Chameleone, Pallaso ndetse na Weasel yarize ayo kwarika -Amafoto

Jose Chameleone, Pallaso, Weasel ndetse n’ababyeyi babo barize ayo kwarika ubwo basezeraga bwa nyuma kuri muvandimwe wabo, Humphrey Mayanja witabye Imana azize uburwayi.

Humphrey Mayanja wari mukuru w’aba bahanzi bose bavukana, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2024, azize kanseri y’igifu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yasabye gusubikirwa umukino wa Shampiyona yari ifitanye na AS Kigali ku wa Gatanu

Uko twafasha abandi gukurikiza ibyo Kristo yategetse