in

Harimo n’ibyamamare! Mu gahinda kenshi ku maso abitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma nyirakuru wa The Ben witabye Imana – AMAFOTO

Nyirakuru wa The Ben, Mukangarambe Yoniya uherutse kwitaba Imana kuwa 28 Werurwe 2024 azize uburwayi, yasezewe mu cyubahiro ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane.

Umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye i Remera mu karere ka Gasabo ahari hateraniye inshuti z’umuryango, abavandimwe n’abo babanye.

Mu buhamya The Ben yatanze kuri uyu mubyeyi, yavuze ko nyirakuru yaranzwe n’urukundo, kwicisha bugufi no kubatoza gukunda Imana.

Muri aba baje gusezera bwa nyuma kuri uyu mubyeyi, harimo ibyamamare nka Tom Close n’umufasha we Tricia, Alliah Cool, Israel Mbonyi, Muyoboke Alex ndetse n’abandi benshi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko gahunda iteye yo gusezera ku mutoza wa Apr Fc Dr ADEL ZRANE

Umugore wa nyakwigendera Dr Adel Zrane yatangaje ko umugabo we yitabye Imana atabonye umwana wabo wa 2