in

Hamenyekanye itariki igikombe cy’isi kizatangiriraho n’amakipe azafungura irushanwa

Muri uyu mwaka mu mpera zawo, hategerejwe igikombe cy’isi ndetse n’amakipe azakitabira yamaze kumenyekana igisigaye ni itariki kugira ngo igere rwambikane.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Goal, umukino ufungura irushwa uzatangira ku wa 20 ugushyingo uyu mwaka ndetse hakazafungura ikipe ya Qatar izaba iri mu rugo yakira Ecoudor.

Tubibutsa ko muri iyi mikino y’igikombe cy’isi afurika ihagarariwe na Senegal, Cameron, Tunisia, Morocco na Ghana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Sam Karenzi yavuze amagambo akomeye yakoze ku mutima aba Rayon

Producer Element yandikishije amateka atarakorwa n’undi mu producer mu Rwanda