in

Producer Element yandikishije amateka atarakorwa n’undi mu producer mu Rwanda

Nyuma y’uko Producer Element yubatse izina rikomeye mu gutunganya imiziki aho yakoze zimwe mu ndirimbo zubatse amazina hanze aha.

Element wasohoye indirimbo ye ya mbere ‘kashe’ ikaba iri mu ndirimbo zimaze gukora amateka aho imaze kurebwa n’abarenga miriyoni mu byumweru bibiri.

Producer Element akaba ari we wubatse aya mateka aho yakoze indirimbo nyinshi zarebwe n’abarenga miriyoni ndetse , nawe agakora indirimbo ikarebwa kuri urwo rwego.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye itariki igikombe cy’isi kizatangiriraho n’amakipe azafungura irushanwa

Shaddyboo yaciye amarenga y’ubukwe bwe buri vuba