in

Habereyeyo impanuka ikomeye cyane aho ihise itwara ubuzima bw’abantu batari bake habe na gato

Habereyeyo impanuka ikomeye cyane aho ihise itwara ubuzima bw’abantu batari bake habe na gato.

Abantu 28 baguye mu mpanuka ya Gariyamoshi yabereye mu Majyepfo y’igihugu cya Pakistan, abandi benshi barakomereka.

Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 6 Kanama 2023, nk’uko byatangajwe na Minisitiri Khawaja Saad Rafique, ushinzwe ibya za Gariyamoshi muri cyo gihugu.

Minisitiri Khawaja yagize ati,”Iyi ni impanuka ikomeye cyane. Amakuru ahari avuga ko kugeza ubu, abantu 28 ari bo bapfuye, mu gihe abandi benshi bakomeretse”.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Na we aje kwiyorera! Rayon Sports yashoye imitwara y’amafaranga ikaba yarabuze intsinzi, yaguze rutahizamu mushya ica inshundura

Haringingo Francis wamaze gusinyira ikipe nshya yamaze kubwira ubuyobozi bw’ikipe yagiyemo ko yifuza umukinnyi w’ikipe ya APR FC yabonye wamuzengerezaga