in

“Genda Murera waragowe”: Abakunzi ba Rayon Sports ntibiyumvisha uburyo umukinnyi utabaha ibyishimo bisendereye ari we wahawe icyubahiro ku mukino urabahuza na Police FC

“Genda Murera waragowe”: Abakunzi ba Rayon Sports ntibiyumvisha uburyo umukinnyi utabaha ibyishimo bisendereye ari we wahawe icyubahiro ku mukino urabahuza na Police FC.

Bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports bakomeje kugaragaraza ko batishimiye kubona rutahizamu w’iyi kipe Moussa Essenu ari we ujya ku ifoto ishishikariza abakunzi ba Murera kujya kureba umukino urabahuza n’ikipe ya Police FC, ibi babigaragaje ubwo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwashyiraga ifoto iriho Essenu ku rubuga rw’iyi kipe.

Ifoto:

Bimwe mu byo abakunzi ba Murera bagiye batangaza nyuma yo kubona iyi foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sports yandikiye urubyiruko nyuma y’ibyabaye ku bantu barimo na Amb. Aliah Cool bari imbere y’abantu benshi

Mu turere twose tw’Igihugu! Uko ikirere cyo mu Rwanda kiraba kimeze kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2023