in

Genda Kimenyi urya neza pe! Miss Muyango Claudine wa Kimenyi yerekanye icyo umugabo we amukundira maze abantu nabo banga kuri pfana bitewe nibyo barebaga -AMAFOTO

Genda Kimenyi urya neza pe! Miss Muyango Claudine wa Kimenyi yerekanye icyo umugabo we amukundira maze abantu nabo banga kuri pfana bitewe nibyo barebaga.

Yifashishije imbuga nkoranyambaga ze umugore w’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Miss Uwase Muyango Claudine yagaragaje ifoto nziza cyane yerekana ubwiza bwe maze abakunzi be nabo banga kuri pfana.

Ifoto:

Bimwe mu byo abakunzi be bagiye bamubwira nyuma yo kubona iyi foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo kuba ari umukobwa yabyirengagije maze ahita akuramo umwenda! Rutahizamu w’ikipe y’abagore ya Nigeria yishimiye itsinzi mu buryo budasanzwe – AMAFOTO 

Burya koko aho yaciye ntihaca urwango! Ariel Wayz ashyize hanze ifoto muri aka kanya Juno Kizigenza arambitse imisaya mu gatuza ke ndetse nawe amurambitseho ikiganza byatumye benshi bacika ururondogoro -IFOTO