in

Ibyo kuba ari umukobwa yabyirengagije maze ahita akuramo umwenda! Rutahizamu w’ikipe y’abagore ya Nigeria yishimiye itsinzi mu buryo budasanzwe – AMAFOTO 

Rutahizamu Assisat Oshoala akomeje kugarukwaho cyane nyuma yo gufasha ikipe ye ya Nigeria yatsinze Australia ibitego 3-2 mu gikombe cy’Isi cy’abagore.

Nigeria niyo kipe ya mbere yo muri Africa yatsinze umukino muri iki gikombe cya 2023. Ni umukino wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023.

Assisat Oshoala abaye Umunya-Nigeria wa mbere utsinze mu bikombe by’Isi 3 bitandukanye nyuma y’aho muri uyu mukino atsinze igitego maze akishimira akuramo umwenda yari yambaye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Igisabo nawe yogoshe igipara! Nyuma ya Uwicyeza Pamela, Miss Uwase Hirwa Honorine ‘Miss Igisabo’ nawe yashyize hanze amashusho agaragara yogoshe umusatsi wose awumaraho (Videwo)

Genda Kimenyi urya neza pe! Miss Muyango Claudine wa Kimenyi yerekanye icyo umugabo we amukundira maze abantu nabo banga kuri pfana bitewe nibyo barebaga -AMAFOTO