Benshi ku isi yose bakurikirana iby’umupira w’amaguru babonye uburyo ubuyobozi bw’ikipe ya Fc Barcelona bwahuzaguritse nyuma yo gutakaza bitunguranye rutahizamu wabo Neymar Jr, ndetse akazano gusimbuzwa abakinnyi badakomeye nkawe, kurubu rero indi dosiye ikomeye cyane yongeye kubuka muri iyi kipe ya Fc Barcelona aho Lionel Messi rutahizamu w’iyi kipe unayifatiye runini yanze kongera amasezerano, none amakipe menshi akomeye akaba yatangiye kumunuganuga, cyane cyane ikipe y’abakeba ya Real Madrid.
Exclusive: Rutahizamu wa Fc Barcelona Lionel Messi ari mu nzira zerekeza muri Real Madrid(Inkuru irambuye)

Subscribe
Login
0 Comments
Oldest