in

“Barambeshyeye” Bwa mbere Nsanzimfura Keddy wakuwe muri APR FC kubera ikinyabupfura cye kigerwa ku mashyi, yavuze ukuntu bamubeshyeye

Bwa mbere Nsanzimfura Keddy wakuwe muri APR FC kubera ikinyabupfura cye kigerwa ku mashyi, yavuze ukuntu bamubeshyeye.

Mu kiganiro na Ishusho Tv, Keddy yavuze ukuntu yabeshyewe bikarangira amanuwe mu ikipe ya Marine Fc.

Keddy yatijwe mu ikipe ya Marine nyuma y’uko havuzwe ko ari ukubera ikinyabupfura gike.

Ubwo yaganiraga na Faustin, yahakanye ayo makuru y’ikinyabupfura gike.

Uyu musore ukiri muto yatijwe mu ikipe ya Marine ku ngoma y’umutoza Adil Mohammed Errad na we waje gusezera muri ikipe kubera ibyo we yise agasuzuguro.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese uzi imyaka u Rwanda rumaze rubonye ubwigenge? Menya byinshi kuri uyu munsi mukuru w’ubwigenge bw’u Rwanda

Habereye impanuka iteye ubwoba, abantu 48 bahita bapfa abandi benshi barakomereka harimo n’abanyamaguru