in

Erradi Adil yavuze ikintu azahora yicuza mu myaka 3 amaze muri APR FC

Byamaze kwemezwa ko umutoza wa APR FC azatandukana nayo uyu mwaka w’imikino urangiye akaba yarasabye abakinnyi kwihangana bagakora cyane kugira ngo azabasigire iki gikombe cya shampiyona basi bazasigare bamwibukiraho.

Yavuze  ko azahora yicuza kandi azahora ababajwe n’uko atabashije kugeza APR FC ku ruhando mpuzamahanga nkuko byari bikubiye mu masezerano ye.

Adil Erradi azibukwa mu kuba yaratsinze Rayon sports imvura igwa izuba riva kuko mu myaka 3 amaze ntago yari yatsindwa na Rayon Sports kuko ibirenze yakoze ni ukunganya.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yabuze aho akwirwa nyuma yo kumenya ko abana yitaga abe atababyaye

Isi irashaje: Yafashwe asambanya inka ahita atanga impamvu yatangaje benshi