in

Umugabo yabuze aho akwirwa nyuma yo kumenya ko abana yitaga abe atababyaye

Close up side profile view of pensive upset african American man look in distance thinking of personal problems, thoughtful sad biracial male feel depressed lost in thoughts pondering, having dilemma

Umugabo yabuze aho akwirwa ubwo yavumburaga ko abana babiri yitaga abe atari we wababyaye.

Umugabo w’umwirabura w’umunyamerika yagiye kwa muganga agiye kureba niba ari se wumukobwa muto n’umwana w’umuhungu maze asanga ibisubizo biteye ubwoba.

Yabonye ko atari se ubyara umukobwa we wimyaka ibiri maze yumvise ayo makuru, ararira. Uyu mugabo ariko yavuze ko azakomeza kumwitaho kuko ari we wenyine yita ‘papa’.

Yashatse kandi kumenya niba umwana w’umuhungu musaza we uherutse kuvuka ari uwe, ariko kandi yakiriye amakuru atangaje avuga ko umwana wavutse atari umwana yamubyaye.

Umugabo yahise akomereka mu mutima ubwo yinubira uburyo yakoze byose akagura ibintu byabana gusa kugirango bamubwire ko nta numwe mu bana ari uwe byatumye ahangayika cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabuhariwe mu gutera amakofi yatanze arenga Miliyoni 20 agura imbwa irinda amamodoka.

Erradi Adil yavuze ikintu azahora yicuza mu myaka 3 amaze muri APR FC