in

Dr Apôtre Paul Gitwaza yasubitse igiterane yari ateganyijwe gukorera muri Israel

Dr Apôtre Paul Gitwaza yasubitse igiterane cy’ivugabutumwa yari ateganya gukorera muri Israel.

Mu butumwa yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze, Dr Apôtre Gitwaza yavuze ko yasubitse iki giterane kubera impamvu z’umutekano.

Muri iyi minsi Israel iri mu ntambara na Palestina. Dr Gitwaza akaba yavuze ko azatangaza indi tariki iki giterane azagisubukuriraho.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gahutu André wakoraga mu ikipe y’umujyi, ari kubyina imbyino ya nyuma aho yari yagize iwabo

Umubyinnyi Titi Brown yavuze amagambo yabwiwe na Edouard Bamporiki ubwo yajyaga ku musezeraho muri gereza i Magererage nyuma yo kugirwa umwere