Imyidagaduro
Dore icyo umusore Miss Akacu Lynca yakunda agomba kuba yujuje

Akacu Lynca wabaye igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2015 yigeze guhishura ibyo umusore ashobora gukunda yaba yujuje icyo gihe hari mu mwaka wa 2015 ndetse yarafite imyaka 18.Kuri iyi taliki ya 21/09/2016,umunsi Akacu yuzuzaho imyaka 19,YEGOB.RW yifuje kukwibutsa ibisabwa kugira  umusore runaka abengukwe  na Akacu ku geza ubu udafite umukunzi.
Akacu wavutse ku italiki ya 21/09/1997 yigeze kubazwa n’umunyamakuru ,icyo umusore yabenguka yaba yujuje maze asubizanya ubushishozi agira ati
“Gukundana si ingenzi(priority) mu buzima njyewe ntabwo mbifata nk’aho ari ngombwa cyane gusa ni ibintu umuntu atakwirinda cyangwa ngo ashyireho igihe runaka bizabera ariko igihe cyose byabera nifuza kuba nakundana n’umusore w’intangarugero……[]……Intangarugero mvuga ni ukuba yiyubaha kandi akubaha n’abandi, kuba asenga kandi aca bugufi, abaye ari muremure w’igikara byaba ari akarusho “
https://www.instagram.com/p/BJo-gLwAy5L/?taken-by=akacu_lynca
-
Imyidagaduro17 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho19 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.