in

Ese hari umuntu uzi unyara ku buriri? Dore ibyo wakora kugira ngo uvure umuntu unyara ku buriri

 

Abantu benshi bakunze kugira ikibazo cyo kwihagarika ku buriri mu gihe baryamye ndetse bikabetera n’ipfunwe mu bandi ku buryo iyo hagize ubivuga barakara cyane ndetse mukaba mwaba n’abanzi kubera ko wamutamaje mu bandi.

Dore ibintu wakora kugira ngo urinde umuntu kunyara ku buriri :

1. Mumenyereze kunyara mbere ya saa kumi z’umugoroba mbere yuko ajya kuryama.

2. Irinde ku mubwira nabi igihe yanyaye ku buriri ahubwo umuhumurize umwereke ko bizakira.

3. Murinde ibiribwa bishobora kumutera kwihagarika mu gihe bwije.

Urugero: Igihaza, igitunguru…

4. Mukangure butaracya umusabe kujya kunyara.

5. Kumurinda ibintu birimo amasukari mu masaha y’umugoroba kuko bishobora kumutera gushaka kunyara mu masaha y’ijoro.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ntabwo birangirira mu kuryana: Ibyiza utakekaga habe na gato byo kurya Urusenda ku buzima bwawe

Dore ibyiza ugomba kumenya biba mu mashu utari uzi habe na gato