in

Dore ibyiza ugomba kumenya biba mu mashu utari uzi habe na gato

Amashu ni zimwe mu mboga zikunzwe cyane ku isi aho ziribwa nta bantu benshi kuko adasaba amakoro menshi kugira ngo uyabone, muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibyiza by’amashu.

Habamo anthocyanins zifasha mu kubyimbura bityo bikaba birinda indwara z’umutima zinyuranye

Byongerera ingufu ubudahangarwa bw’umubiri

Afasha mu igogorwa ry’ibiryo akarinda kwituma impatwe

Bivura kubyimba ishinya no kuva amaraso mu menyo.

Agira uruhare mu kwihutisha gukira kw’ibisebe no kurinda kurwara ibisebe.

Rifasha mu buzima bw’amaso kuko harimo beta-carotene

Kuba ririmo calories nkeya bituma rifasha abifuza kunanuka

Iriya vitamini K ni ingenzi mu gutuma amaraso akama iyo wakomeretse

Imyunyu ngugu ibamo ni ingenzi ku buzima bw’amagufa

Kuba harimo potassium bifasha mu kurwanya umuvuduko udasanzwe w’amaraso

Rifasha kandi mu gusohora imyanda n’uburozi mu mubiri

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ese hari umuntu uzi unyara ku buriri? Dore ibyo wakora kugira ngo uvure umuntu unyara ku buriri

Ese wari uziko igitunguru kigira umugabo indashyikirwa mu gutera akabariro? Menya uko bikorwa