in

Dore ibisabwa kugira ngo uzarebe umukino wa AS Kigali ku buntu

As Kigali ku wa gatandatu iraza gukina umukino wa Confederation n’ikipe yo muri Djibouti ndetse kuri uyu wa gatandatu kwinjira ni Ubuntu gusa bikaba bisaba kwiyandikisha kugira ngo wemererwe kwinjira.

Icyo AS Kigali ishaka ni abafana bakayifasha gusezerera ikipe bahanganye umukino uzabera kuri sitade rukumbi mpuzamahanga ya Huye.

Ku muntu uzashaka kwishyura ni ibihumbi 10,000.

Dore umubare uza gukanda ubundi ugahabwa umwanya kuri uriya mukino wa AS Kigali.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yahuye n’ibizazane bikomeye muri Tunisia bishobora guhagarika umukino

Bwiza yavuze ku mafoto ye y’ubusambanyi bagiye gusohora