in

Davis d yakiriwe n’ibizungerezi nyuma yo gutaha igitaraganya

Umuhanzi Davis d warumaze iminsi ataramira abanyarwanda batuye i burayi aho yataramiye mu mujyi wa Bruxelles na Lyon.

Davis d watashye yihuse byatewe n’uko iminsi yari yahawe yo kuguma i Burayi yari imushiranye akaba agiye kuyongeresha kugira ngo abashe kwitabira ibindi bitaramo asigaje.

Davis d yongeye gutangaza ko mu gihe cya vuba ,azongera agasubira gusoza ibitaramo yari yitezwe kwitabira mu burayi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo za Michael Jackson zasibwe

Dore impamvu abagabo bakunda abagore bafite ikibuno kinini