in

Cristiano Ronaldo yanze ko umwirabura yamusebya akamwicaza ku gatebe ahita amuhemukira

Kuva Cristiano Ronaldo yagera muri Saudi Arabia yari ategerejwe n’abantu benshi ngo babone akina umukino we wa mbere muri iyi kipe ariko kubera umubare mwishi w’abakinnyi iyi kipe ifite, ntabwo yari yemerewe gukina niyo mpamvu bamwe bamaze kubereka umuryango.

Umunya-Uzbekistan Jaloliddin Masharipov, ukina hagati mu kibuga muri iyi kipe ni we nimero ya mbere mu bagomba guha umwanya Cristiano.

Undi wari ukurikiye ni Vincent Aboubacar ukomoka muri Cameroun, wifuzwa na Manchester United, gusa ibiganiro biri hagati y’impande zose bishyira ku kuba uyu mukinnyi yagenda nk’intizanyo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Mr ra
Mr ra
1 year ago

Geavan your not expert muri jonarist
Nkuko ntiwakabaye ubeshya abantu Kandi Uzi neza ko ibyo utubesha tubizi

None c Ronald niwe wamujemukiye arambwira Ati singushaka mwikipe???

Jya wandika inkuru tuyisome ituryoheye apana ibintu nkibi Wana🤨🤨
Ibyo burumwe asoma akabona ibyo wavuze ntaho bihuriye
Cr7 yahemutse gute ubwo busobanuro ubwo wabutanga gute Koko

Mr ra
Mr ra
1 year ago

Nukuvuga ngo ekipe yifuje c Ronald barunvikana barasinya
Ko agomba kuyikinira none c bihuriye he noguhemuka Kwa cr7
Uko siko baryosha inkuru ahubwo uba wayibinije

Juno Kizigenza yamaze gutangaza ko yasimbuje Ariel Ways inkumi y’ikimero yasajije abasore benshi

Byakomeye: Dj Brianne arashinjwa kwibira Social Mula i Burayi ibintu by’agaciro