Kuva Cristiano Ronaldo yagera muri Saudi Arabia yari ategerejwe n’abantu benshi ngo babone akina umukino we wa mbere muri iyi kipe ariko kubera umubare mwishi w’abakinnyi iyi kipe ifite, ntabwo yari yemerewe gukina niyo mpamvu bamwe bamaze kubereka umuryango.
Umunya-Uzbekistan Jaloliddin Masharipov, ukina hagati mu kibuga muri iyi kipe ni we nimero ya mbere mu bagomba guha umwanya Cristiano.
Undi wari ukurikiye ni Vincent Aboubacar ukomoka muri Cameroun, wifuzwa na Manchester United, gusa ibiganiro biri hagati y’impande zose bishyira ku kuba uyu mukinnyi yagenda nk’intizanyo.
Geavan your not expert muri jonarist
Nkuko ntiwakabaye ubeshya abantu Kandi Uzi neza ko ibyo utubesha tubizi
None c Ronald niwe wamujemukiye arambwira Ati singushaka mwikipe???
Jya wandika inkuru tuyisome ituryoheye apana ibintu nkibi Wana🤨🤨
Ibyo burumwe asoma akabona ibyo wavuze ntaho bihuriye
Cr7 yahemutse gute ubwo busobanuro ubwo wabutanga gute Koko
Nukuvuga ngo ekipe yifuje c Ronald barunvikana barasinya
Ko agomba kuyikinira none c bihuriye he noguhemuka Kwa cr7
Uko siko baryosha inkuru ahubwo uba wayibinije