imikino
“Cristiano Ronaldo ni umugabo wiyubashye, uzi gutereta abagore bikaze†Cristina Buccino

Cristina Buccino uherutse kugaragara  yasohokanye na Cristiano Ronaldo ahitwa Ibiza yatangajeko Cristiano ari umugabo wiyubashye cyane kandi uzi gutereta (gufata neza) abagore.
Cristina Buccino aganira n’ikinyamakuru cyo mu Butaliyani yatangajeko we na Cristiano bahuriye muri Restaurant iherereye Ibiza maze ngo bahuje amaso Cristiano Ronaldo aramuhamagara ngo aze basangire.
Cristina Buccino akaba avuagako mu gihe gito yamaranye na Cristiano yabonye ari umuntu ugira ubuntu kandi wiyubashye ndetse kandi ngo uzi gutereta bikaze.
Dore amafoto ya Cristina Buccino:
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Njuga ukina muri Seburikoko yirukanywe mu nzu abamo| Yiyamye umusore baturanye wamuhururije abanyamakuru| Inkuru irambuye
-
Izindi nkuru1 day ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro2 days ago
#MissRwanda2021: Abakobwa 3 bahaye ubutumwa mugenzi wabo ushyigikiwe na Ali Kiba| Bose barashaka ikamba| Umuriro watse 🔥
-
Imyidagaduro2 days ago
ShaddyBoo yinjiye byeruye mu bucuruzi bw’amashusho n’amafoto ku rubuga rwa Onlyfans
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro1 day ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.