in

Cristiano Ronaldo muri PSG

Amakuru akomeje gucicikana ko Cristiano Ronaldo azakinira PSG mu mwaka w’imikino utaha

Nyuma yaho Leo Messi ageze mu ikipe ya PSG mu ntangiriro z’iki cyumweru kuri ubu hari ibihuha byinshi ko na Cristiano Ronaldo agiye kujya mu ikipe ya PSG mu mwaka w’imikino utaha.

Amakuru dukesha ibinyanakuru nka Goal.com, Eurosport, Le 10 sport n’ibindi avuga ko Cristiano Ronaldo kuri ubu ukinira ikipe ya Juventus ategerejwe mu ikipe ya PSG guhera mu mwaka w’imikino utaha wa 2022-2023 aho azasimbura Kylian Mbappé uzaba urangije amasezerano ye muri PSG.

Amakuru akomeje gucicikana ko Cristiano Ronaldo azakinira PSG guhera mu mwaka w’imikino utaha

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abatuye i Kigali bishimiye ko amasaha yo gutaha yongerewe (Amafoto)

Umunyarwenya Arthur Nkusi nawe agiye kudohoka kuri « Nta gikwe »